Ababyeyi n’abayobozi bo mu karere ka Rwamagana bavuga ko ibigo mbonezamikurire y’abana byabafashije guhangana n’indwara ziterwa n’imirire mibi zari zibasiye abana bato. Mu mwaka wa 2017, akarere ka Rwamagana kabarurwagamo abana 664 bari bafite...
Read More
Kirehe: Umugabo yafatanwe amafaranga bikekwa ko ari amiganano
Kuri uyu wa 21 Ukuboza 2018, Polisi ikorera mu karere ka Kirehe mu murenge wa Mpanga kubufatanye n’abaturage yafashe umugabo witwa Nkurunziza Jean w’imyaka 28 y’amavuko ukekwaho gukoresha amafaranga y’amiganano. Umuvugizi wa Polisi mu...
Read More
Bugesera : Guceceka bise « gucira mu gacuma » bitiza umurindi ihohoterwa ryo mungo
Mu karere ka Bugesera hari abaturage bahohoterwa nabo bashakanye bagahitamo kuruca bakarumira aho kubishyira ku mugaragaro, bikaba ngo bitiza umurindi ihohoterwa rikorerwa mungo. Uwo muco wo guceceka bo bita « gucira mu gacuma »,...
Read More
Kamonyi: Abagize Intwari Fan Club basabanye n’abanyakayenzi basiga bafashije abatagira ubwiherero
Intwari Fan Club igizwe n’abafana n’abakunzi b’ikipe ya Rayon Sports FC bishyize hamwe nk’imbaraga z’ikipe. Ni umuryango urimo kwagura amarembo hirya no hino. Kuri uyu wa 22 Ukuboza 2018, bakinnye umupira w’amaguru n’abanyakayenzi, banahizihiriza...
Read More
Muhanga: Indwara y’iseru yageze muri Gereza ya Muhanga
Abantu 51 nibo batanganzwa ko bafashwe n’indwara y’iseru mu magereza atatu mu gihugu arimo n’iya Muhanga. Izo gereza ni iya Mageragere, Ngoma na Muhanga. Muribo, 28 nibo bakiri kwitabwaho ahantu ha bonyine. Iseru muri...
Read More
Kamonyi: Ibivugwa na Gitifu w’Akarere n’uw’Akagari ku kibazo cy’umuturage, biteye urujijo
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka karengera, avuga ko hari ikibazo cy’umuturage yanze kwinjiramo ngo kuko hari uburyo cyarangijwe n’umuhesha w’inkiko. Avuga ko iki kibazo na Gitifu w’Akarere yakinjiyemo bakamwirukankana. Gitifu w’Akarere avuga ko iki ari...
Read More
Rulindo: Abamotari bakanguriwe kubungabunga umutekano no gukumira impanuka
Mu minsi mikuru isoza umwaka hakunze kugaragara ikibazo cy’impanuka zo mu muhanda zihitana ubuzima bwa benshi, izi mpanuka ahanini usanga zikomoka ku burangare ndetse no ku makosa y’abatwara ibinyabiziga .Polisi y’u Rwanda nayo muri iyo...
Read More
Kamonyi: Polisi n’abaturage bakomeje ubufatanye mu gukemura ibibazo by’ubwiherero
Imirenge 12 igize akarere ka Kamonyi ifite ubwiherero busaga ibihumbi umunani budakwije ibisabwa. Ba Gitifu b’Imirenge baherutse kurahirira imbere ya CG Gasana, Guverineri w’intara y’amajyepfo kuba barangije iki kibazo mbere y’umwaka wa 2019. Polisi...
Read More
Kamonyi: Minisitiri Shyaka yijeje uruganda rukora amakara mu bisigazwa by’umuceri isoko
Uruganda rutunganya umuceri rwa Mukunguri rukanakora amakara aturutse mu bisigazwa by’umuceri, rwizejwe ubuvugizi mu kubona isoko ry’aya makara ( Briquette). Ni nyuma y’urugendo Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Prof Shyaka yagiriye muri uru ruganda tariki 18...
Read More
Abakozi 2 b’ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi n’Isukura bafashwe bakekwaho kwaka ruswa umuturage
Polisi mu mujyi wa Kigali, yafashe abagabo babiri basanzwe ari abakozi b’ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi n’Isukura (WASAC), Abafashwe ni Gatebuka Fidel na Uwineza Victory. Bafashwe tariki ya 17 Ukuboza 2018, bafatirwa mu Mudugudu wa Rebero, Umurenge...
Read More