Abapolisi 102 bayobora abandi mu duce twose tw’igihugu bagiranye inama igamije kwimakaza ihame ry’uburinganire mu kazi k’igipolisi, aho abapolisikazi basabwe kurushaho kwiyubakamo icyizere kuko bashoboye. Ni inama nyunguranabitekerezo yabaye kuri uyu wa 11 Ukuboza 2018...
Read More
Kamonyi: Itorero ku Mudugudu rizafasha abanyarwanda kwishakamo ibisubizo–Guverineri CG Gasana
CG Emmanuel K. Gasana, Guverineri w’Intara y’amajyepfo atangiza itorero ryo ku Mudugudu kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Ukuboza 2018 mu Mudugudu wa Nyamabuye, Akagari ka Gishyeshye, Umurenge wa Rukoma, yashimangiye ko rije gufasha...
Read More
Kamonyi-Rugalika: Ubuyobozi bwagurishije ubutaka bw’abakene 2 ngo bubakirwe inzu, igwa itaruzura
Abaturage 2 bo mukiciro cya mbere cy’ubudehe mu Mudugudu wa Kagangayire, Akagari ka Sheri, Umurenge wa Rugalika bagurishirijwe ubutaka n’ubuyobozi bw’ibanze byitwa ko ari umusanzu wabo ku nzu yo kubamo bubakirwaga nk’abatishoboye. Nta mafaranga...
Read More
Kurwanya ruswa bikwiye kuba umuco – Minisitiri Busingye
Minisitiri w’ubutabere akaba n’intumwa nkuru ya Leta Busingye Johnston yibukije ko kurwanya ruswa n’akarengane ari inshingano y’inzego nkuru z’igihugu kugera ku z’ibanze kugira ngo isano iri hagati ya leta n’umuturage ikomeze ishinge imizi. Ibi byatangajwe...
Read More
Huye: Umugabo yafatanwe udupfunyika dusaga 500 tw’urumogi
Mu bikorwa byo kurwanya ibiyobyabwenge Kuri uyu wa 05 Ukuboza 2018, Polisi ikorera mu karere ka Huye mu murenge wa Kinazi, Akagari ka Sazange yafatanye uwitwa Gahindabuye Jean Pierre w’imyaka 43 y’amavuko udupfunyika 592 tw’urumogi....
Read More
Bugesera: Amadolari ya Amerika yibwe umucuruzi yagarujwe atuzuye, abakekwaho ubujura barafatwa
Ku mugoroba wo kuwa kabiri tariki ya 4 Ukuboza 2018 Polisi y’u Rwanda yasubije Kayonga Emmanuel amadorari y’Amerika 9.600 ($) yari yibwe n’abari mu kabiri ke kari mu Karere ka Bugesera mu murenge wa...
Read More
Inkambi ya Mahama: Kuba mu bimina byabafashije guhangana n’ibibazo by’imirire mibi mu bana
Bamwe mu mpunzi z’abarundi baba mu nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe, bahamya ko zibikesheje inyigisho bahawe n’abakozi b’umushinga NEC (Nutrition Education and Counselling) wa Plan International Rwanda, byatumye zihangana n’ibibazo by’imirire mibi...
Read More
Kamonyi: Gitifu w’Akagari na SEDO batawe muri yombi
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Ngoma na SEDO( Social Economic development Officer) w’aka Kagari batawe muri yombi kuri uyu wa kane tariki 6 Ukuboza 2018. Ni nyuma yo gukekwaho ikoreshwa nabi ry’amafaranga ya Mituweli z’abaturage....
Read More
Nyabihu: Hamenwe Litiro 1500 z’inzego z’inkorano zitemewe
Kuri uyu wa mbere tariki 3 Ukuboza 2018, Polisi mu karere ka Nyabihu ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze ndetse n’abaturage bakoze ibikorwa byo gufata abakora bakanacuruza inzoga z’inkorano hafatwa Litiro 1500 zizwi ku izina...
Read More
Mu nkambi ya Nyabiheke: Akarima k’igikoni kafashije kurandura imirire mibi mu bana
Bamwe mu babyeyi bo mu nkambi y’impunzi ya Nyabiheke iherereye mu karere ka Gatsibo, bahamya ko kugira akarima k’igikoni byabashoboje guhangana n’ikibazo cy’imirire mibi mu bana babo. Ntibari bazi ko imboga rwatsi zishobora kugira uruhare...
Read More