Abanyekongo bari mu Nkambi y’Impunzi ya Kigeme ho mu Karere ka Nyamagabe, mu gitondo cyo kuri uyu wa 12 Ukuboza 2022 bazindukiye mu myigaragambyo y’amahoro. Mu kwigaragambya kwabo, barasaba Leta yabo ya DR Congo...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Bakanguriwe gukumira ihohoterwa, basabwa guca imirire mibi n’igwingira mu bana
Ni Murugendo rwitabiriwe n’Ubuyobozi n’Abakozi b’Umurenge wa Nyamiyaga, Ubuyobozi n’Abakozi b’Uruganda RWACOF bafatanije gutegura iki gikorwa hamwe n’Abaturage. Urugendo rwatangiriye ku Kagari ka Ngoma rusorezwa ahazwi nko ku nkambi, ari naho hatangiwe Ubutumwa bukangurira...
Read More
Amajyepfo: DIGP Ujeneza yavuze ko hari abapolisi 500 bagiye kwirukanwa
Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe imiyoborere n’abakozi, DIGP Jeanne de Chantal Ujeneza yavuze ko hari abapolisi bagera kuri 500 bagiye bagaragara mu byaha bitandukanye birimo na ruswa bagiye kwirukanwa burundu muri...
Read More
Perezida wa SENA y’u Rwanda, Dr Iyamuremye Augustin yeguye
Dr Iyamuremye Augustin wari usanzwe ari Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda umutwe wa SENA yatanze ibaruwa ihamya ubwegure bwe kuri uyu mwanya no kuba umusenateri. Mu ibaruwa yanditse yahaye abari bamwungirije bombi ndetse...
Read More
Kamonyi: Guverineri Kayitesi arasaba abazana imishinga guha rugari abaturage bakihitiramo ibibavana mu bukene
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice arasaba abafatanyabikorwa bazana imishinga ikura abaturage mu bibazo ko bakwiye kujya babanza guha rugari abaturage bakihitiramo ibyabazamura bakava mu bukene aho kubaha ibitazabahindurira ubuzima bw’ubukene babasangana. Ibi, yabigarutseho mu...
Read More
Ngororero: Barasabwa kwirinda amakimbirane atuma imibereho myiza y’abagize umuryango ihungabana
Mu bukangurambaga bwakomereje mu murenge wa Ngororero, abaturage barasabwe kugira isuku no gendera kure amakimbirane yo mu muryango kuko ariyo shingiro ry’imibare y’imirire mibi n’igwingira mu bakiri bato. Higishijwe uko indyo yuzuye itegurwa hanatangwa...
Read More
Kamonyi-Runda: Hakozwe urugendo rudasanzwe rw’Isuku n’Isukura, abanyamwanda barihanangirizwa
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 01 Ukuboza 2022, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Runda( abakozi), Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe iterambere ry’Ubukungu wifatanije nabo, Polisi, Ingabo, DASSO, bamwe mu bafatanyabikorwa na bamwe mu baturage,...
Read More
Muhanga: Buri rugo rwatangiye guhabwa ibiti bizafasha mu kurwanya imirire mibi no kubungabunga ibidukikije
Umuryango Nyarwanda udaharanira inyungu Stewards of Eden, ubinyujije mu mushinga wo kubungabunga ibidukikije no kurwanya isuri watangiye guha abaturage ibiti bivangwa n’imyaka mu rwego rwo kurinda ibidukikije, ariko kandi no kurwanya imirire mibi n’igwingira...
Read More