Hashize igihe abaturage bo mu karere ka Ngororero bategereje kubakwirwa ibitaro bigezweho bemerewe na Perezida wa Repubulika yu Rwanda Paul Kagame. Itangira ry’imirimo yo kubaka ibi bitaro ryadindijwe no kubanza gushaka ikibanza bubakamo bitewe...
Read More
Huye: Abagera kuri 146 mu ngamba zo guhanga imirimo mishya 8,000
Kuri uyu wa mbere tariki ya 14 Kanama 2023, abafatanyabikorwa batandukanye bakorera mu karere ka Huye basaga 146, bahuriye mu nama nyunguranabitekerezo biga ku guhanga imirimo mishya muri aka karere. Hamwe n’ubuyobozi bw’Akarere, bagaragaje...
Read More
Muhanga: Amakimbirane yatumye umugabo ata urugo n’akazi k’ubuganga ajya guhingira rubanda muri Uganda
Mu buhamya bwe, Umugabo witwa Hagenimana Aimable avuga ko amakimbirane y’igihe kirekire yagiranaga n’umugore we yatumye ava mu rugo ajya mu gihugu cya Uganda, ubuzima buramukomerera agera n’aho atangira guhingira amafaranga bubyizi kandi yari...
Read More
Kamonyi: Bahawe impanuro mbere yo kwitabira amarushanwa ya FEASSA
Amakipe 5 yo mu karere ka Kamonyi mu mikino itandukanye azahagararirwa u Rwanda mu mikino y’ibigo by’amashuri yo mu gice cy’uburasirazuba bw’Afurika (FEASSA) bahawe impanuro mbere y’uko bitabira aya marushanwa. Basabwe gukoresha imbaraga z’umutima...
Read More
Kamonyi: Ntabwo dukwiye kuyobora abaturage bishwe n’inzara, tubasabye kuzana impinduka-Guverineri Kayitesi
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice yibukije abakora ubuhinzi n’abafashamyumvire babwo bahawe Telefoni ko bakwiye kuba imbarutso nziza yo gufasha abaturage kugira impinduka zigaragara mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi bitunze abarenga 80%. Yabasabye gutanga amakuru ku...
Read More
Muhanga: ADEPR yatangije umwiherero w’Abana 240 bakina umupira w’Amaguru batarengeje imyaka 13
Ku bufatanye bw’Itorero rya Pantekoti ry’u Rwanda(ADEPR) n’umuryango mpuzamahanga wa Ambassadors Football Global batangije umwiherero w’iminsi itatu w’abana 240 bakina umupira w’amaguru ku makipe y’Abahungu n’Abakobwa. Aba bana, barimo no kwigishwa ijambo ry’Imana riherekejwe...
Read More
Muhanga: Ndababonye Jean Pierre ukurikiranyweho kuroha abana muri Nyabarongo yatangiye kuburanishwa
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye kuri uyu wa 08 Kanama 2023 rwatangiye kuburanisha Ndababonye Jean Pierre bakunze kwita Nyakazehe. Akurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi budaturutse ku bushake cyo kwica abana 10 abataye muri Nyabarongo. Ni urubanza rubera...
Read More
Kamonyi-Gacurabwenge: Polisi yarashe umugabo wari ukurikiranyweho gutema umugore we
Umugabo Badege Eduwari wari ukurikiranyweho gutemagura umugore we, yarashwe na Polisi mu rukerera rw’uyu wa Kabiri Tariki 08 Kanama 2023 ubwo yari agiye kwerekana intwaro yakoresheje atema umugore we. Abaturage bavuga ko kuraswa k’uyu...
Read More
Muhanga-Intore mu biruhuko: Urubyiruko rwasabwe kwirinda Abashukanyi n’ibyangiza inzozi ku hazaza
Atangiza gahunda y’Intore mu biruhuko, Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga wungirije ushinzwe iterambere ry’Ubukungu, Bizimana Eric yasabye urubyiruko rwitabiriye iyi gahunda kwirinda abarushuka bakarushora mu bikorwa by’ubusambanyi, gucuruza no gukoresha ibiyobyabwenge. Yibukije ko bibangiriza inzozi...
Read More
Muhanga-Umuganura: Meya Kayitare aributsa Ababyeyi kwigisha abato ibigize umuco Nyarwanda
Mu kwizihiza umunsi ngarukamwaka w’Umuganura uba ku wa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Madamu Kayitare Jacqueline ubwo yizihirizaga uyu munsi ari mu Murenge wa Nyamabuye, Akagari ka Gifumba, Umudugudu...
Read More